URUBYIRUKO RUKANGURIRWA KUGIRA UMUCO W'UBUKORERABUSHAKE BAHARANIRA ITERAMBERE RIRAMBYE
U Rwanda rwizihije ku nshuro ya 40 Umunsi Mpuzamahanga w’Abakorerabushake, ku rwego rw’Igihugu, ibirori byabereye mu Karere ka Rubavu bihuriza hamwe…
RUBAVU: HASOJWE IMINSI 16 YO KURWANYA IHOHOTERA RISHINGIYE KU GITSINA N’ICURUZWA RY’ABANTU, IMIRYANGO 84 ISEZERANWA MU MU BURYO BWEMEWE N'AMATEGEKO
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025, mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Mudende, habereye umuhango wo gusoza iminsi 16 yahariwe kurwanya…
RUBAVU: MINISITIRI NKULIKIYINKA YIBUKIJWE KO SIPORO ARI ISOKO Y'UBUZIMA BWIZA KU BANTU BOSE
Kuri iki cyumweru tariki 23/Ugushyingo 2025, mu mirenge yose igize Akarere ka Rubavu, habereye Siporo Rusange yitabiriwe n’abayobozi b’imirenge…
RUBAVU: ABAMOTARI BIYEMEJE GUTEZA IMBERE UMUTEKANO WO MU MUHANDA N’ISUKU AHO BANYURA BOSE
Akarere ka Rubavu ku bufatanye na Polisi y’Igihugu mu Ntara y’Iburengerazuba bakoze ubukangurambaga bugamije kubungabunga no guteza imbere umutekano…
U RWANDA RWAKIRIYE ABANDI BANYARWANDA BASAGA 500 BATASHYE BATURUTSE MURI RDC NYUMA Y’IMYAKA 30
Rubavu, 20 Ugushyingo 2025 - Kuri uyu wa Kane, ku mupaka munini wa La Corniche One Stop Border Post (OSBP), u Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda…
RUBAVU: RDRC N’ABAYOBOZI MU NZEGO ZOSE MU BUKANGURAMBAGA BWO GUKANGURIRA ABAKIRI MURI FDLR MU MASHYAMBA YA DRC GUTAHA
RUBAVU – Kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2025, Akarere ka Rubavu ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe abari…
RUBAVU: HATANGIRIJWE UBUKANGURAMBAGA “TURINDANE TUGEREYO AMAHORO” MU ISURA NSHYA YA GERAYO AMAHORO
Ku wa 07 Ugushyingo 2025, mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, habaye umuhango wo gutangiza ubukangurambaga bwiswe “Turindane Tugereyo Amahoro”…
RUBAVU: ABADEPITE BAKANGURIYE URUBYIRUKO KWIRINDA INDA ZITATEGANYIJWE NO KWITABIRA SERIVISI Z’UBUZIMA BW’IMYOROROKERE
Kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Ukwakira na tariki 01 Ugushyingo 2025, Itsinda ry’Abadepite bo mu Nteko Ishinga Amategeko rikorera mu ihuriro ry’abagize…
RUBAVU: IBIGANIRO BY’IHURIRO RY’UBUMWE N’UBUDAHERANWA BYIBUKIJE AGACIRO K’UBWIYUNGE N’INDANGAGACIRO Z’UBUNYARWANDA
Kuri uyu wa 24 Ukwakira 2025, mu Karere ka Rubavu habereye ibiganiro by’Ihuriro ry’Ubumwe n’Ubudaheranwa by’Abanyarwanda, byitabiriwe n'Umuyobozi…
RUBAVU: BA RWIYEMEZAMIRIMO BATO BO MU NTARA Y'IBURENGERAZUBA BAHUGURIWE GUHINDURA ISHUSHO Y'UBUHINZI
Kuri uyu wa 20 Ukwakira 2025, Ku bufatanye n'Ikigo Imanzi Business Institute, Urugaga rw'Abikorera PSF mu Ntara y'Iburengerazuba, Umuyobozi w’Akarere…