Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyundo mu Karere ka Rubavu,…
Abatuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Rubavu bazindukiye mu muganda Ngarukakwezi batera ibiti by’imitako mu rwego rwo kongera ubwiza n’uburanga…
Urwego rw’Umuvunyi rwashyikirije Akarere ka Rubavu igikombe nyuma yo guhiga utundi turere tw’Intara y’Iburengerazuba mu bikorwa byo kurwanya ruswa bi…
Mu rwego rw’Ubukangurambaga bw'iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa umwana w'umukobwa ku bufatanye na RICH Rwanda ibyiciro bitandukanye…
Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza umuco w’ubutore ndetse no gufasha abakiri bato kugira uruhare mu kwiyubakira Igihugu, Ubuyobozi bw’Akarere bukomeje…
Amarushanwa y’umupira w’amaguru yateguwe kubufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) ndetse na Police y'u Rwanda muri…
Abaturage b’Akarere ka Rubavu bagaragaje ko bakeneye ko hongerwa imipaka ibahuza n’Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse…
Muri gahunda y'ibikorwa byahariwe ukwezi k'ubumwe n'ubwiyunge, Umuyobozi w'Akarere ari kumwe n'Ubuyobozi bw'inzego z'umutekano,itsinda rya Komisiyo…
Umuyobozi mukuru wa WASAC Eng Muzola Aime yijeje ko imirimo yo kubaka uruganda rw’amazi rwa Gihira ya II ndetse n’iyo gusana Gihira ya I iramutse…
Mu rwego rwo guteza imbere umuco wo gusoma haherewe ku bana bato ndetse no kubafasha kongera ubumenyi mu cyerekezo cy'Igihugu cyo kubaka ubukungu…
Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’akajagari k’amakamyo agana umujyi wa Rubavu wasangaga aparika aho abonye ,Ubuyobozi bw'Akarere burakangurira ba…