RUBAVU: JENOSIDE YISHE ABANTU ARIKO NTIYASIBANGANYA AMATEKA YABO-UMUYOBOZI W’AKARERE KA RUBAVU MULINDWA PROSPER

Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyundo mu Karere ka Rubavu,…

Read more →

Umuganda ngarukakwezi wakozwe hongerwa ubwiza bw’Umujyi wa Rubavu

Abatuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Rubavu bazindukiye mu muganda Ngarukakwezi batera ibiti by’imitako mu rwego rwo kongera ubwiza n’uburanga…

Read more →

Akarere kegukanye igikombe mu bikorwa byo kurwanya ruswa mu Ntara

Urwego rw’Umuvunyi rwashyikirije Akarere ka Rubavu igikombe nyuma yo guhiga utundi turere tw’Intara y’Iburengerazuba mu bikorwa byo kurwanya ruswa  bi…

Read more →

Hibukijwe gushyira imbaraga mu gukumira ihohoterwa rikorerwa umwana w’umukobwa.

Mu rwego rw’Ubukangurambaga bw'iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa umwana w'umukobwa ku bufatanye na RICH Rwanda ibyiciro bitandukanye…

Read more →

Ababyeyi barashishikarizwa kohereza abana muri gahunda y’Intore mu birukuko.

Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza umuco w’ubutore ndetse no gufasha abakiri bato kugira uruhare mu kwiyubakira Igihugu, Ubuyobozi bw’Akarere bukomeje…

Read more →

Amarushanwa yo kubungabunga ibidukikije yegukanywe na Marines FC

Amarushanwa y’umupira w’amaguru yateguwe kubufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) ndetse na Police y'u Rwanda  muri…

Read more →

Rubavu : Abaturage bashaka ko hongerwa imipaka n’imihanda ya Kaburimbo hazamurwa ubuhahirane

Abaturage b’Akarere ka Rubavu bagaragaje ko bakeneye ko hongerwa imipaka ibahuza n’Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse…

Read more →

Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Rubavu bibukijwe kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge

Muri gahunda y'ibikorwa byahariwe ukwezi k'ubumwe n'ubwiyunge, Umuyobozi w'Akarere ari kumwe n'Ubuyobozi bw'inzego z'umutekano,itsinda rya Komisiyo…

Read more →

WASAC yijeje ko abatuye Rubavu bazaba bafite amazi ahagije bitarenze Gicurasi 2020

Umuyobozi mukuru wa  WASAC Eng Muzola Aime yijeje ko imirimo yo kubaka uruganda rw’amazi rwa Gihira ya II ndetse n’iyo gusana Gihira ya I iramutse…

Read more →

Abatuye Rubavu n’abahagenda bungutse isomero ry’abana bato rya mbere

Mu rwego rwo guteza imbere umuco wo gusoma haherewe ku bana bato ndetse no kubafasha kongera ubumenyi mu cyerekezo cy'Igihugu cyo kubaka ubukungu…

Read more →

Ubuyobozi burakangurira amakamyo agana Umujyi wa Rubavu gukoresha parking ya Rugerero

Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’akajagari k’amakamyo agana umujyi wa Rubavu wasangaga aparika aho abonye ,Ubuyobozi bw'Akarere burakangurira ba…

Read more →