UWIFURIZA U RWANDA IKIZA AHERA KU KURWANYA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE - UMUYOBOZI W'AKARERE KA RUBAVU MULINDWA PROSPER

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose twibuka ku nshuro ya 32 Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994, hibanzwe cyane ku gukomeza guhangana n’ingengabitekerezo ya…

Read more →

Guverineri yashimye intambwe Akarere gakomeje gutera mu kwesa Imihigo 2020-2021

Mu isuzuma rihoraho Intara ikorera Uturere tuyigize harebwa uko turimo kwesa Imihigo tuba twarahize, Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba Munyantwali…

Read more →

Akarere kaguze imodoka ije gufasha mu kurushaho kunoza services zihabwa abaturage

Mu rwego rwo kurushaho kwegera abaturage no kunoza Services zitandukanye bahabwa zirimo iz'imiturire ndetse no gukomeza kugenzura iyubahirizwa…

Read more →

Isoko rya Kijyambere rya Gisenyi riruzura mu gihe kitarenze amezi atandatu

Ubuyobozi bw'Akarere ka Rubavu bwamaze gusinyana amasezerano na Rubavu investment Company Ltd ateganya ko iyi Company y'Abikorera bo mu Karere ka…

Read more →

Hasabwe ko ibyumba by'amashuri byose biba byuzuye bitarenze Ukuboza 2020

Nyuma y'ubugenzuzi ku nyubako z'amashuri bwakozwe n'itsinda rya Komite yo ku rwego rw'Igihugu ishinzwe gukurikirana inyubako z'amashuri riri kumwe…

Read more →

Abagize Urwego rwa DASSO bifatanije n'abaturage mu kurwanya Isuri kuri Sebeya

Abagize urwego rwunganira Akarere mu gucunga umutekano (DASSO) bari kumwe n'abaturage, bateye ibiti 2128 ku nkengero z’umugezi wa Sebeya mu Murenge wa…

Read more →

ISOKO RYAKIJYAMBERE RYA GISENYI RIGIYE GUTANGIRA KUBAKWA

    
Nyuma y'igihe kirekire ryaradindiye,Inama Njyanama yateranye kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yemeje ko Company igiye gufatanya n'Akarere kuzuza iri…

Read more →

Ku bufatanye na Polisi hatewe ibiti bisaga ibihumbi 5 mu cyogogo cya Sebeya

Ku bufatanye na Polisi ku rwego rw'Intara y'uburengerazuba ifatanije n'abaturage bo mu Murenge wa Kanama hatewe ibiti bivangwa n'imyaka  bya Alinus…

Read more →

Abatuye bugeshi basabwe kubyaza umusaruro ibigega bahawe ndetse bakabisigasira

 

Abaturage bo mu Murenge wa Bugeshi baturiye Pariki y’Ibirunga basabwe kubyaza umusaruro ibigega bahawe haba mu gufata amazi ava ku mazu yabo…

Read more →

Abafite ubumuga bo mu Karere barishimira imyumvire ku buryo bafatwa ikomeje kuzamuka.

Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'abantu bafite ubumuga byabereye mu Murenge wa Nyundo, abahagarariye abafite ubumuga bashimiye intambwe…

Read more →

Abarinzi b'Amahoro bashimiwe umusanzu wabo mu guhashya magendu no kubumbatira umutekano

Mu gikorwa cyo gukusanya ibitekerezo bizashingirwaho mu gutegura igenamigambi ry'umwaka wa 2021-2022 hahembwe abarinzi b'amahoro bo mu Murenge wa…

Read more →